Dore amateka ya David de Gea umuzamu wa Manchester united uhagaze neza ku isi muri iyiminsi

ntawatinya kuvuga ko uyu muzamu uzwi kwizina rya EDWIN VAN DE GEA ariwe David de gea wavukiye mumugi w’imadiride yavutse tariki 27/11/1990.
Abyarwa na JASE DE GEA na MARIVI QUINTANA

Akaba afite umugore witwa EDURINE GARCIA, uyu mugore ukora kuri televiziyo muri espagne aka anakora umwuga wo kuririmba, akaba aririmbira umugabo we amwicaye kubibero mugihe barimo kuruhuka.

Afite metero imwe na santimetero mirongo icyenda n’eshanu(1.95),akaba apima ibiro 85 uyu muzamu wanditse amateka akomeye ku isi yakuriye mu ikipe ya Atletico Madrid, aho yatangiye gukina muri iyi kipe afite imyaka 13
Muri iki gihe de gea yakinagana nka rutahizamu mu ikipe yabana ya atletico madrid.
Yaje guhitamo kuba umuzamu bitewe nuko abamutozaga babonaga abishoboye atangira gufatira ikipe ya Atletico Madrid afite imyaka 17.
Mu mwaka wa 2011 aho yabanaga munzu imwe na Sergio agero

De gea yahesheje atletico Madrid ibikombe. Mu mwaka wa 2011 nibwo umutoza muzehe Fagason waranzwe no kugira ijisho rya mukuru, yagiye muri espagne gukurikirana De gea maze birangira aje muri Manchester united.

Niba uri umufana wa Manchester ntiwakibagirwa itariki ya 29/06/2011, aho de gea yasinye amasezerano muri Manchester ahabwa miriyoni 19 z’amapawundi.
Uyu muzamu urugendo rwe muri Manchester united rwarakomeje, aho mumwaka ushize yakoze ibidasanzwe batsinda Arsenal ibitego bitatu kubusa. Uyu muzamu yakoze icyo bita save 14 ibintu bidakorwa n’ubonetse wese,

Mu mwaka kandi wa 2017 ushize yakinnye imikino 100 ataratsindwa igitego na kimwe, ibi bikorwa nabake ku isi. ubu arimo gukina sezo ya 7 akaba arimo gusaba ikipe ya Manchester united ko bajya bamuha ibihumbi bisaga magana ane by’amapawundi kucyumweru.