Urukundo
-
Uburyo 5 bwiza bwo kwerekana umukunzi wawe
Hari inshuti nyinshi zitandukanye aho usanga hari izifuzako umubano wanyu watera imbere ugasanga hari nizindi ziba zishaka kuba zagutanya nabo…
Read More » -
Dore uburyo wakwereka umukobwa ko umukunda ariko utabimubwiye akabyibonera ubwe
Iyo bigeze mu rukundo rw’umusore n’umukobwa burya ibikorwa bivuga cyane kurusha amagambo ubwira umukobwa. Bishobora kuba byakoroha kubwira umukobwa ko…
Read More » -
Uburyo wahindura imico n’imyitwarire mibi by’uwo ukunda
Niba umukunda, ariko ukabona hari imyitwarire cyangwa imico afite itakunogeye, ushobora kumuhindura, bitabaye ngombwa ko umwirukana mubuzima bwawe. Hano tugiye…
Read More » -
Ibintu 5 bizakwerekako umusore mukundana agukunda by’ukuri atakubeshya
Ese umusore koko arankunda nk’uko abimbwira cg arambeshya? Ushobora kuba wibaza icyo kibazo cyangwa ibindi. Ushobora kuba ushidikanya niba umusore…
Read More » -
Ibizakwerekako umukobwa ashaka kukurya amafaranga yawe, akubeshya ko agukunda
Urukundo ni ikintu gitangaje kandi gishimishije cyane, ariko rimwe na rimwe, amarangamutima yawe ashobora kukugira impumyi, birakangira ubana n’uwo mudahuje.…
Read More » -
Ibintu wakorera umugabo akagukunda byimazeyo
Abagabo kenshi bashimishwa no kubona bitaweho. Kubabizi neza burya umugabo witaweho, afashwe neza ntacyo wamuburana. Abagore nabo bazwiho gushaka buri…
Read More » -
Uburyo wakoresha ukigarurira umutima w’umukobwa kabone nubwo yaba atakwiyumvamo
Rimwe narimwe twibwirako kugira ube wakwiyegereza umukobwa bigoye ariko hari uburyo ushobora kubitwaramo maze ukabonako byoroshye kugira ube wakwiyegereza umukobwa.…
Read More » -
Nubona ibi bimenyetso 10 kumukobwa, azaba akeneye ko umubwira ko umukunda
Ese ni iki kikwerekano umukobwa akwiyumvamo cg agukunda akaba yarabuze uko abikubwira, ategerejeko ugira ijambo utobora? Tumenyereyeko umusore kenshi iyo…
Read More » -
Habonetse udukingirizo duhindura amabara duhuye n’idwara zandurira mumibonano mpuzabitsina (STDs)
Urubyiruko ruzakomeza gukora ibyo rwifuza gukora. Niyo mpamvu nko muri Leta zunze ubumwe z’amerika honyine, hatangazwa ubwandu bw’indwara zandurira mumibonano…
Read More » -
Ibintu 5 bizakwereka ko umuhungu mukundana atakwiyumvamo na busa
Ibintu bikunze kubabaza mu buzima, ni ukugira umukunzi mutajya inama, rimwe na rimwe ukaba ushaka icyabateza imbere we yibereye mu…
Read More » -
Menya impamvu umugore ajya i bumoso bw’umugabo we [+ inkomoko yabyo]
Ese nawe ujya wibaza iki kibazo, ukibaza impamvu mugihe cy’ubukwe umukobwa aba agomba guhagarara ibumoso bw’umugabo we. Ibi kenshi biza…
Read More » -
Ibintu 5 byagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa akagukunda akakwimariramo wese.
Ese ni icyi cyatuma umukobwa akwimariramo wese, akaguha urukundo rukomeye ndetse ukaruta abandi bose yaba yarabonye mubuzima bwe. Igitsinagore ntabwo…
Read More » -
Ibintu 4 wibeshyaho ko byatuma umukobwa agukunda akakwimariramo wese
Umukobwa ntiyakwimariramo ukoresheje uburyo “utekereza” ko aribwo bwatuma akwimariramo Twese turi bakuru kandi turatekerea, uko byagenda kose hari icyo utekereza…
Read More »