Ubuzima
-
Byagenda bite Umwuka duhumeka, Oxygen, ubuze ku isi mugihe cy’amasegonda 5 gusa?
Witekereza ko ari umwanya muto: umva ubushobozi buhambaye bw’umwuka duhumeka, umwuka ibinyabuzima byose bikenera, bibura bigapfa. Imyuka yo mukirere igizwe…
Read More » -
Ibintu 10 utaruzi icyo bisobanura ku mubiri wawe ukora buri munsi
Ese ujya ubona ko umubiri wawe rimwe na rimwe ukora ibintu nawe udasobanukiwe nko kwitsamura, kwayura, gutsepfura, n’ibindi. Ukumva ntibyari…
Read More » -
Hitamo umukobwa mwiza: Tukubwire imico, imyifatire ndetse n’imiterere byawe!
Akenshi umuntu akunze kumenya byinshi ku bandi kurusha uko yaba yiyizi, kuri ubu hari amasuzuma menshi yakozwe n’abashakashatsi mu by’imitekerereze…
Read More » -
Inama 10 z’ingenzi zagufasha kuryoherwa na weekend
Mu buzima twifuza kuba twishimye. Akarusho, twagera mumpera z’icyumweru benshi tukaba twibaza ibibazo byinshi. Tuba dushaka ibyo twahugiramo twishimisha, ariko…
Read More » -
Ibintu by’ingenzi ukwiye kumenya kubantu bakoresha imoso
Abakoresha imoso bagize hagati y’10% na 15% by’abatuye isi bose. Abakoresha imoso bahita bigaragaza iyo bari hamwe n’abakoresha indyo bitewe…
Read More » -
Sobanukirwa: Kurota ugenda, gusakuza cg kuvuza induru usinziriye, gutsikira cg kumva uhubuka mukirere igihe ugiye gusinzira, etc..
Gusinzira bifata hagati ya kimwe cya kane na kimwe cya gatatu cy’imyaka y’ubuzima bw’umuntu ku isi. Ikibazo wakibaza, bigenda bite…
Read More » -
Ibintu 5 ukwiye kwirinda gukora mugitondo ugikanguka
Igitondo utangiye neza niryo pfundo ryo kugira umunsi mwiza ndetse w’ingirakamaro k’ubuzima bwawe. Tugiye kubabwira ibintu ukwiye kwirinda gukora ako…
Read More » -
Habonetse udukingirizo duhindura amabara duhuye n’idwara zandurira mumibonano mpuzabitsina (STDs)
Urubyiruko ruzakomeza gukora ibyo rwifuza gukora. Niyo mpamvu nko muri Leta zunze ubumwe z’amerika honyine, hatangazwa ubwandu bw’indwara zandurira mumibonano…
Read More » -
Sobanukirwa n’uburwayi bw’umwingo
Akenshi hari byinshi umuntu aba yibaza kuburwayi runaka ariko ugasanga kubona amakuru bigoye cg se nayo ubonye akaba acagase, muri…
Read More » -
Gusinzira amasaha arenze umunani nijoro byatuma umuntu apfa imburagihe
Abashakashatsi b’Abongereza bagaragaje ko gusinzira amasaha arenze umunani mu ijoro rimwe ari bibi ku buzima, naho umuntu yarenza amasaha 10…
Read More » -
Ibibazo 10 buri bantu bakundana bakwiye kwirinda mu rukundo rwabo
Nubwo ari ibisanzwe ko mu Rukundo abantu bagira ibibazo bahura nabyo, byinshi muribyo biba byoroshye ko byakemurwa mumahoro masa, mugihe…
Read More » -
Uburyo abakobwa bicara: Ubusobanuro bw’imiterere yabo | Uko babayeho, ibyo bakunda, etc…
Abahanga mukwiga ibimenyetso by’umubiri (body language), uburyo umuntu yicayemo biba bigaragaza imigambi ndetse n’intekerezo afite. Hari ibyo dukora tutabanje kubyitaho,…
Read More » -
Dore uburyo umukobwa yakwerekamo ko adashaka kuguha Nimero ya Telefone ye
Ntabwo burigihe cyose usabye umukobwa nimero ye ya Telefone ayiguha. Kenshi ibi biterwa n’uburyo wayimusabyemo ndetse n’uko nawe yumva ari…
Read More » -
Uburyo 6 wakoresha usaba umukobwa Nimero ye ya Telefone akayiguha nubwo yaba ari ubwambere muhuye
Umukobwa kukwihera nimero ye ya telefone si ibintu biteye ubwoba cyangwa bigoye Iyo hageze ubwo gusaba umukobwa nimero ya telefone,…
Read More » -
Impamvu 10 abakobwa beza bamara igihe kirekire nta mukunzi bafite
Umukobwa mwiza kenshi aba amara igihe kirekire arikumwe n’abasore beza kandi yumva yishimiye. Ariko kuba uri umukobwa mwiza ukaba umara…
Read More » -
Dore ibihugu 10 bikennye cyane kurusha ibindi ku isi mu mwaka wa 2018
Gutondeka ibihugu bifite ubukugu burihasi ku isi hagenderwa k’umusaruro mbumbe w’igihugu. Mubushakashatsi bwakozwe buvugako muri ibi bihugu harimo n’ibihugu bidashobora…
Read More » -
Impamvu kuba wenyine bishobora kuguha ibyishimo n’amahoro utari witeze
Iyo umbaza icyo kuba wenyine bivuze niga mu mashuri yisumbuye, nari kukubwira ko ari ukuba udafite inshuti, kuba ikigwari, kuba…
Read More » -
Ibimenyetso 10 byakwerekako umukunzi wawe atakwiyumvamo na busa
Niba ibi bintu 10 bikubaho mu rukundo cyangwa undi mufitanye umubano udasanzwe, birakwiyeko ugira icyemezo ufata kuri uryo rukundo mufitanye.…
Read More » -
Uko wagera kunzozi zawe – Motivation
Mu gihe ushaka kugira ikiza ugeraho, byishimire kuko si wowe wenyine uri muri iyo nzira. Twese ku isi duharanira kugera…
Read More » -
Menya ko ariwe Imana yakugeneye kubera agukoreye ibi bintu 10
Umaranye n’umukunzi wawe igihe kirekire mukundanye, biroroshye ko wahita umenya neza ko ari we mukunzi ugukunda by’ukuri. Bitewe n’urukundo ndetse…
Read More »