Mu Rwanda
-
Perezida Kagame yahaye imbabazi Kizito Mihigo na Ingabire Victoire
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa Gatanu iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yemeje ifungurwa ry’abagororwa 2140 barimo…
Read More » -
MINISPOC yasohoye Itangazo ryo Kwamagana Ibihangano by’Urukozasoni
Minisiteri ya Siporo n’Umuco – MINISPOC – kuri uyu wa 27 Mata 2018 yashyize hanze itangazo ryo kwamagana ibihangano by’urukozasoni. MINISPOC…
Read More » -
Bisi ya Ritco yahiye irakongoka [+Videwo]
Iyi modoka yakongokeye mu Kagari ka Cyintare, Umurenge wa Kivuruga, Akarere ka Gakenke ahagana saa mbili n’iminota 15 za mu…
Read More » -
Abakinnyi ba Rayon Sports bagenewe agahimbazamusyi k’amafaranga arenga miliyoni 30 y’u Rwanda
Nyuma yo kwandika amateka ikaba ikipe ya mbere mu Rwanda igeze mu matsinda ya CAF Confederation Cup, Rayon Sports yageneye…
Read More » -
Gusaba kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda [Undergraduate] byatangiye! Dore uko wabikora
Kaminuza nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yafunguye umuronko kubanyeshuri bashaka kwiga muri iyi kaminuza batangira umwaka wa 2018/2019. Dear All,…
Read More » -
Dore Urutonde rw’abakinnyi ba Football bamaze gutwara Ballon d’Or kuva 1956 kugeza 2018
Ballon d’Or ni igihembo gikuru umukinyi kugiti cye ahabwa mugihe yitwaye neza m’umukino w’umupira w’amaguru gitangwa buri mwaka kigahabwa umukinnyi…
Read More » -
Rtd. Brig. Gen SEKAMANA JEAN DAMASECENE yegukanye umwanya w’umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda – FERWAFA.
Ni Kuri uyu wa Gatandatu, 31 Werurwe 2018 habaga amatora y’umukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Sekamana Jean Damasecene atsinda…
Read More » -
Dore uburyo wakoresha kugira wirinde kuba wakubitwa n’inkuba
Inkuba ni uruhurirane rw’ingufu zihurira mu kirere maze zigatanga ingufu zivuye mu gukubitana kwizo ngufu bigatanga ingufu zo mubwoko bw’amashanyarazi,…
Read More » -
MenyaByinshi kuri gahunda yo gusezera bwanyuma kuri Nyiricyubahiro Musenyeri BIMENYIMANA Jean Damascene
Ni kuri uyu wa 5 kuwa 16 Werurwe 2018 aho muri Diyoseze ya Cyangugu hazaba umuhango wo gusezera ku wahoze…
Read More » -
I Gikondo urusengero rwa ADPR SGM rwibasiwe n’inkogi y’umuriro rurakongoka
I Gikondo mu karere ka Kicukiro kugicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu 14/3/2018 urusengero rwa ADPR rwafashwe n’inkongi y’umuriro rurashya…
Read More » -
Kaminuza 10 zambere nziza muri EAC [Imyanya ziriho kurwego rw’isi no kurwego rw’ibihugu]
EAC (East African Community) igizwe n’ibihugu 6 biherereye muri Afurika y’ibiyaga bigari mu burasirazuba bwa Afurika. EAC igizwe na: BURUNDI,…
Read More » -
Amahirwe kubashaka kwinjira muri polisi y’u Rwanda
Ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’igihugu bwashyize hanze itangazo rihamagarira ababa bifuza kwinjira muri Polisi y’igihugu kwiyandikisha. Rireba abasore n’inkumi barangije…
Read More » -
Rayon Sports yamaze kubona umutoza mushya usimbura Karekezi Olivier
Nyuma yuko umutoza wa Rayon Sports wayitoza Karekezi Olivier asezeye kuyitoza, kuri ubu Rayon Sports yamaze kubona undi mutoza ugomba…
Read More » -
Karekezi Olivier yamaze gutandukana na Rayon Sports
Karekezi Olivier wari umutoza wa Rayon Sports yamaze gusezera ku bakinnyi ababwirako agiye I Burayi gusura umuryango we ariko mukubasezera…
Read More » -
Ntibyari byitezwe, Iradukunda Liliane yegukanye ikamba rya nyampinga w’uRwanda 2018, umve amatekaye n’ibyamuranze muri iri rushanwa.
Liliane ni umukobwa ufite imyaka 18 n’uburebure bwa metero 1.70. Akaba atuye murugunga, amashuri abanza yayize muri Groupe foundation, ayisumbuye…
Read More » -
Dore ahantu 10 heza kurusha ahandi wasura mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu bifite ahantu muri Afurika heza kandi habitse amateka akomeye. Nkuko tubizi u Rwanda ni igihugu…
Read More » -
Inzu 10 zihenze cyane kurusha izindi muri afurika
Imigi imwe nimwe yo muri afurika, uyisangana imiturirwa yubatse kuburyo butangaje kandi ihenze cyane. Izo nzu zigaragaza ubwiza bw’ibihugu ndetse…
Read More » -
MINEDUC yamaze gushyira hanze amanota y’abarangije amashuri yisumbuye (S6,TTC,TVET) – Dore uko wayareba
Nkuko twari twabitangarijwe kurubu amanota y’abarangije amashuri yisumbuye umwaka wa 2017 yamaze gushyirwa hanze. Aho kurubu kuyareba unyura kurubuga rwa…
Read More » -
Dore icyatumye uwari umunyamakuru Eminante afungurwa atarangije igihano yari yakatiwe
Uwahoze ari umunyamakuru Mugabushaka Jeanne de Chantal yari yakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kacyiru igihano cyo gufungwa imyaka itatu n’amezi abiri,…
Read More » -
MINEDUC yatangaje itariki n’isaha amanota y’abarangije amashuri yisumbuye (S6, TTCs&TVET) 2017 azasohokera
Ni mugihe hari hashize iminsi hari ibihuha ko amanota y’abarangije mu mwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye mu Rwanda mu mwaka…
Read More »