Imikino
-
Lionel Messi yahigitse Christiano Ronaldo na Virgil van Dajk abatwara igihembo
Lionel Messi ukinira ikipe ya Barcelena yaraye atowe nk’umukinnyi mwiza w’umwaka ku isi yose mubagabo. Aho yahataniraga uyu mwanya w’icyubahiro…
Read More » -
Abakinnyi 10 bahembwa menshi ku Isi [2019]
List y’abakinnyi 10 banjiza amafaranga menshi nkuko tubikesha Forbes Magazine. 10. Matthew Stafford ($59.5M) Mu mpeshyi ishize Matthew yasinye contract…
Read More » -
Dore Ibihugu bimaze gutwara igikombe cy’isi kuva mu mwaka wa 1930
Igikombe cy’isi mu mupira w’amaguru gihuza ibihugu biturutse mumpande zose z’isi maze kikegukanwa n’igihugu kimwe, iki gikompe cyatangiye gutangwa mu…
Read More » -
Abakinnyi ba Rayon Sports bagenewe agahimbazamusyi k’amafaranga arenga miliyoni 30 y’u Rwanda
Nyuma yo kwandika amateka ikaba ikipe ya mbere mu Rwanda igeze mu matsinda ya CAF Confederation Cup, Rayon Sports yageneye…
Read More » -
Dore ubwiza bwa STADES 10 NINI z’imikino muri Afurika
Niba koko ukunda imikino, ni ngombwa ko umenya amakuru make kuri Stades nini kurusha izindi k’umugabane wa Afurika. Ni ahantu…
Read More » -
Dore Urutonde rw’abakinnyi ba Football bamaze gutwara Ballon d’Or kuva 1956 kugeza 2018
Ballon d’Or ni igihembo gikuru umukinyi kugiti cye ahabwa mugihe yitwaye neza m’umukino w’umupira w’amaguru gitangwa buri mwaka kigahabwa umukinnyi…
Read More » -
Rtd. Brig. Gen SEKAMANA JEAN DAMASECENE yegukanye umwanya w’umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda – FERWAFA.
Ni Kuri uyu wa Gatandatu, 31 Werurwe 2018 habaga amatora y’umukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Sekamana Jean Damasecene atsinda…
Read More » -
Dore urutonde rw’abatoza 10 bahembwa amafaranga menshi ku isi mu mwaka wa 2018
Tutitaye uko umukinnyi yaba ameze kose ariko biragoye kuba yagira aho yigeza mugihe adafite umukurikirana mubuzima bwe bwa buri munsi…
Read More » -
Abakinnyi 10 b’umupira w’amaguru bakiri bato bazigaragaza bikomeye mu gikombe cy’isi 2018
Nta gikombe cyatuma umukinnyi ahita amenyekana nk’igikombe cy’isi mu irushanwa iryariryo ryose. Ibi nibyo bituma abantu baba bahanze amaso Lionel…
Read More » -
Rayon Sports imaze gutombora Club Desportivo Costa do Sol muri CAF Confederation Cup
Ni nyuma yuko abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports bibazaga ikipe izahura n’ikipe yabo cyane ko mu makipe yagombaga gukora tombora…
Read More » -
Abakinnyi 10 b’umupira w’amaguru bo muri Afurika bapfiriye mukibuga
Umukino w’amaguru ni umukino witabirwa cyane kandi ukunzwe ku isi. Dore urutonde rw’abakinnyi 10 bakomoka muri afurika bapfiriye mukibuga mu…
Read More » -
Nyuma yo kudahirwa n’amakipe yo mu Bwongereza dore amakipe azakora tombora muri ¼ cya UEFA Champions League
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 14/3/2018 nibwo habaye umukino warukomeye wahuzaga ikipe ya Barcelona na Chelsea.Hari hategerejwemo ikipe igomba…
Read More » -
FIFA yamaze gushyira hanze uko igurishwa ry’amatike yo kwitabira imikino y’igikombe cy’isi 2018 rihagaze.
FIFA yamaze gutangazako igikorwa cyo kugura no kugurisha amatike yo kwitabira iyo mikino kiri kugenda neza aho byatangiye umwaka ushize…
Read More » -
Dore ubwiza budasanzwe bwa Stades 12 zizakinirwaho igikombe cy’isi 2018
Uko iminsi iri kugenda yicuma, niko turi kwegereza imikino itegerejwe n’abantu benshi mu mpande zose z’isi. Igikombe cy’isi gitegerejwe gutangira…
Read More » -
-
Umukinnyi w’umupira w’amaguru DAVIDE Astori kapiteni wa fiorentina yapfuye bitunguranye
Burya koko ngo umuntu aravuka ariko akagira igihe agasezera ku isi. Birababaje cyane kubakunzi bumupira w’amaguru kumva inkuru yakababaro ko…
Read More » -
Abakinnyi 10 b’Afurika bakomeye kurusha abandi mu mupira w’amaguru bazagaragara mu gikombe cy’isi 2018
Mugikombe cy’isi kizabera mu Burusiya muri uyu mwaka wa 2018, kizaba hagati ya y’ukwezi kwa 6 nukwa 7. Abakinnyi beza…
Read More » -
Abakinnyi 10 baturuka muri Afurika b’umupira w’amaguru bahembwa amafaranga menshi kurusha abandi 2018
Nkuko bigaragarira buri wese, usanga abakinnyi b’umupira w’amaguru bahembwa amafaranga menshi, yaba ku mugabane w’uburayi ndetse no kumugabane wa Afurika.…
Read More » -
Abakinnyi 10 b’umupira w’amaguru bahembwa amafaranga menshi bakina muri Premier League
Umupira w’amaguru ni ahantu dusanga hagaragaramo amafaranga menshi kuburyo mubawukina usanga barayigwijeho byagera ku mugabane w’ubwongerezaho ugasanga ari ibirenze kuko…
Read More » -
Hamenyekanye umuhanzi uzaririmba mugikombe cy’isi 2018
Birasanzwe ko ku isi burimyaka 4 abatuye isi bose baba bategereje irushanwa ry’umupira w’amaguru ku rwego rw’isi (World Cup). Nkuko…
Read More »