Amateka
-
Imbunda 5 Zikomeye [nini] cyane kurusha izindi ku Isi.
Umushinwa niwe wambere wavumbuye imbunda irasa ku isi, aha hari mu kinyejana cya 9. Nyuma abandi ku isi, bakomeje gukopera,…
Read More » -
Abantu 10 b’ibihangange bazwi cyane ku isi | Babayeho mumateka yose
Isi dutuyeho iriho abantu benshi b’ingirakamaro. Muri iki gihe, hari abantu baba bazwi cyane ku isi. Gusa, tugiye mumateka uko…
Read More » -
Ibigwi by’abami barindwi bakomeye kurusha abandi i kuzimu| [mbere na nyuma yo kuva mu ijuru]
Amateka utigeze wumva y’abami bakomeye cyane i Kuzimu, ibigwi byabo mbere yo kuva mu ijuru, na nyuma yuko bamaze kugera…
Read More » -
Ibigwi by’abami barindwi bakomeye kurusha abandi i kuzimu| [mbere na nyuma yo kuva mu ijuru]
Amakuru menshi twumva, tuba tubwirwa ibyiza bizabera mu ijuru, tukabwirwa ko ikuzimu ari ahantu habi. Tugiye kureba amateka ndetse n’ibigwi…
Read More » -
Sobanukirwa ibinyoma abantu benshi bibeshyaho: umuntu akomoka kunguge etc… (+Video)
Kuva tukiri bato, baba batubwira ibintu byinshi bitangaje by’ibinyoma. Nutarangiza iyi sahani y’ibiryo ntuzakura. Niwitwara nabi inyamaswa iraza igutware. Nufunga…
Read More » -
Ubuhanuzi bwemeza ko isi igiye kurangira mu myaka mike iri mbere
Bibiliya igitabo cyera, itwereka ubuhanuzi bwerekana ibintu bizaranga impera z’isi ndetse n’ishira ry’ibihe, ibikoko bine (Daniyeli 7); Rugeyo na Ruhaya…
Read More » -
Impamvu 6 muri afurika abantu benshi bakigenda bumva Radio ivugira hanze
Radio ni uburyo bumwe muburyo bwo gusakaza amakuru bwakoreshwaga kuva kera. Umuntu ashobora gutekerezako kuba habaho interineti ndetse nizindi mbuga…
Read More » -
Ayobozi 10 b’ABANYAGITUGU babi mu mateka y’Afurika
Ibihugu byinshi muri Afurika byagiye bigira impinduka nyinshi zitandukanye muri guverinoma, imwe ivaho isimburwa nindi kanshi hadakoreshejwe ubushobozi ndetse n’ubushake…
Read More » -
Dore INYUBAKO 10 NDENDE kurusha izindi muri Afurika
Nubwo atari ahantu abantu baha agaciro nk’aho basanga inyubako ndende cyane kurwego rw’isi, umugabane w’Afurika umaze gukora byinshi mu myubakire…
Read More » -
Urutonde rw’IBYIHEBE 10 BYAMBERE byabayeho mumateka y’isi
Nyuma y’urupfu rwa Osama Bin Laden, waguye mugitero yagabweho n’ingabo z’Abanyamerika byatumye hibazwango: ninde kihebe kurusha abandi mubyihebe byose byabayeho…
Read More » -
Uburyo 10 bwakoreshwa mukumenya niba umuntu adahambwe ari muzima – ko yapfuye by’ukuri
Muri afurika kenshi abantu bashobora kuba bahambwa ari bazima. Igitekerezo cyo gutinyako abantu bamwe baba bahambwa ari bazima cyaje mumitwe…
Read More » -
Menya ALEXENDER THE GREAT, Indwanyi Ikomeye Yabayeho mu Mateka
Umwami Alexander the Great (Alexandre le Grand) yayoboye Macedonia guhera mu mwaka wa 356 kugeza mu mwaka wa 323 B.C. Akomoka kumwami Plilip…
Read More » -
Abapasiteri bakize cyane kurusha abandi muri Afurika
Umupasiteri ni umuyobozi uhagarariye iyobokamana rya gikristo. Aba bapasiteri bafasha abantu mu kugira ubumuntu babaha inama z’imibereho mu miryango. Bamwe…
Read More » -
Dore ahantu 10 heza kurusha ahandi wasura mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu bifite ahantu muri Afurika heza kandi habitse amateka akomeye. Nkuko tubizi u Rwanda ni igihugu…
Read More » -
Menya ikishe umupasiteri warukomeye ku isi Rev. BILL Graham.
Umukozi w’imana pasiteri Rev. BILL Graham warutuye muri reta zunze ubumwe z’amerika ahitwa Montreat, Carolina, yatabarutse ejo kuwa 21 Gashyantare…
Read More » -
2018: Abantu 10 b’abahanga bambere ku isi mu mwaka wa 2018
Abantu bizerako ubuhanga butangwa n’Imana ko butigwa. Abantu babahanga baba bafite ubumenyi buhanitse kuburyo bwo gukora ibintu runaka. Kenshi na…
Read More » -
UMUYOBOZI W’ISI : Illuminati ni iki, uyu muryango uvugwaho iki, koko illuminati ni ukuri ? – Menyabyinshi
Haribyinshi mu nyandiko ndetse n’ibitekerezo bitangwa kuri aka gatsiko kibanga kazwi ku izina rya Illuminati (Urumuri) kagenga isi yose n’abayituye.…
Read More » -
Reba amafoto 10 y’abantu basanzwe wagira ni impanga n’ibyamamare.
Byakunzwe kuvugwa cyane ko buri muntu ku isi aba afite uwo basa. Bamwe babyemera batyo abandi ntibabyemera. Gusa nkanjye nemerako…
Read More » -
Bakora ibitangaza bikomeye nko kugenda hejuru y’amazi, guhindura amazi divayi, gutubura amafi… [+Video]
Tuzi neza ko mu bitangaza Yesu yakoze bikomeye, harimo kugenda hejuru y’amazi, gutubura imikate n’amafi, guhindura amazi divay. Nyuma yo…
Read More » -
Aba Magiciens 10 b’ibihe byose nibyo bashobora gukorera isi
Abantu buri gihe batangazwa nibintu birenze imbaraga zabo (Supernatural) harimo maji. Bamwe mubantu bafashe ubwo buryo mu kubihinduramo akazi gashobora…
Read More »